Blake Shelton wamenyekanye mu irushanwa rya "The voices"yatangaje ko asezeye

Blake Shelton wamenyekanye mu irushanwa rya "The voices"yatangaje ko asezeye

Umuhanzi witwa Blake Shelton uririmba injyana ya "Country'" waririmbye indirimbo nka "God's Country" amenyekana cyane nk'umwe mu bagize akanama nkemurampaka mu marushanwa  yitwa "The Voices" yo guhitamo abanyempano bazi kuririmba neza ,yemeje ko mu marushanwa akurikira ya 23 mu mwaka utaha wa 2023 azaba ariyo yanyuma ari muri iri rushanwa rya "The Voices".

kwamamaza

 

Yagize ati"maze iminsi ndemerewe nibi bintu, nafashe umwanzuro icyi nicyo gihe ngo mve muri iri rushanwa nyuma y'irushanwa rikurikira".

Yakomeje agira ati" iri rushanwa ryahinduye ubuzima bwanjye neza mu nzira zose kandi hazahora hameze nko mu rugo.Byari ibya gatangaza mu myaka 12 ishize ndashimira buri wese wo muri NBC, abatunganya umuziki,abaririrmbyi,abanditsi,amatsinda ndetse n'abatunganya ibyo kurya muri abagatangaza. Bisaba akazi kenshi ,bigasaba ku bikunda kugirango ubashe gukora ibitaramo bibiri mu cyumweru".

Yakomeje agira ati"nagiranye umubano ukomeye na "Carson"muri iyi myaka ishize na bamwe mu bagize akanama nkemura mpaka twakoranaga,umugore wanjye "Gwen Stefani",reka nshimire abaririrmbyi bose banyuze kuri uru rubyiniro mwaradushimishije cyane hamwe n'impano zanyu,reka  nshimire by'umwihariko abampisemo ngo mbabere umutoza"

Blake Shelton yasoje agira ati" reka nshimire abakunzi bacu barebye amarushanwa bagashyigikira abahanzi ,abagize akanama nkemura mpaka,iri rushanwa rya "The Voices" ryabashije kugeza ku nzozi abaryitabiriye, nti byarikugerwaho iyo hataza kubaho umusanzu wanyu".

Niba utari uzi Blake shelton ni umwe mu bagize akanama nkemurampaka wari ukiri muri iri rushanwa rya "The Voices" kuva aho ryatangira mu mwaka wa 2011.

 

 

kwamamaza

Blake Shelton wamenyekanye mu irushanwa rya "The voices"yatangaje ko asezeye

Blake Shelton wamenyekanye mu irushanwa rya "The voices"yatangaje ko asezeye

 Oct 12, 2022 - 14:13

Umuhanzi witwa Blake Shelton uririmba injyana ya "Country'" waririmbye indirimbo nka "God's Country" amenyekana cyane nk'umwe mu bagize akanama nkemurampaka mu marushanwa  yitwa "The Voices" yo guhitamo abanyempano bazi kuririmba neza ,yemeje ko mu marushanwa akurikira ya 23 mu mwaka utaha wa 2023 azaba ariyo yanyuma ari muri iri rushanwa rya "The Voices".

kwamamaza

Yagize ati"maze iminsi ndemerewe nibi bintu, nafashe umwanzuro icyi nicyo gihe ngo mve muri iri rushanwa nyuma y'irushanwa rikurikira".

Yakomeje agira ati" iri rushanwa ryahinduye ubuzima bwanjye neza mu nzira zose kandi hazahora hameze nko mu rugo.Byari ibya gatangaza mu myaka 12 ishize ndashimira buri wese wo muri NBC, abatunganya umuziki,abaririrmbyi,abanditsi,amatsinda ndetse n'abatunganya ibyo kurya muri abagatangaza. Bisaba akazi kenshi ,bigasaba ku bikunda kugirango ubashe gukora ibitaramo bibiri mu cyumweru".

Yakomeje agira ati"nagiranye umubano ukomeye na "Carson"muri iyi myaka ishize na bamwe mu bagize akanama nkemura mpaka twakoranaga,umugore wanjye "Gwen Stefani",reka nshimire abaririrmbyi bose banyuze kuri uru rubyiniro mwaradushimishije cyane hamwe n'impano zanyu,reka  nshimire by'umwihariko abampisemo ngo mbabere umutoza"

Blake Shelton yasoje agira ati" reka nshimire abakunzi bacu barebye amarushanwa bagashyigikira abahanzi ,abagize akanama nkemura mpaka,iri rushanwa rya "The Voices" ryabashije kugeza ku nzozi abaryitabiriye, nti byarikugerwaho iyo hataza kubaho umusanzu wanyu".

Niba utari uzi Blake shelton ni umwe mu bagize akanama nkemurampaka wari ukiri muri iri rushanwa rya "The Voices" kuva aho ryatangira mu mwaka wa 2011.

 

kwamamaza