APR FC yakoze imyitozo ya mbere mu Misiri.

APR FC yakoze imyitozo ya mbere mu Misiri.

APR FC yaraye ikoreye imyitozo ya mbere mu Misiri yitegura Pyramids FC mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League.

kwamamaza

 

Iyi imyitozo yabaye ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 27 Nzeri(09) 2023, akaba yari imyitozo ya mmbere bakoreye muri iki gihugu 

Uyu munsi saa 17h00,’ iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu ikaba irakorera imyitozo kuri ’30 Juin Stadium’ ikibuga kizakira umukino uzaba ejo ku wa Gatanu.

Ni umukino APR FC isabwa kuzatsinda kugira ngo igere mu matsinda, nyuma y’uko umukino wabereye mu Rwanda amakipe yombi yanganyije ubusa ku busa.

@Gakunzi Blaise/Isango Star-Kigali.

 

kwamamaza

APR FC yakoze imyitozo ya mbere mu Misiri.

APR FC yakoze imyitozo ya mbere mu Misiri.

 Sep 28, 2023 - 20:46

APR FC yaraye ikoreye imyitozo ya mbere mu Misiri yitegura Pyramids FC mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League.

kwamamaza

Iyi imyitozo yabaye ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 27 Nzeri(09) 2023, akaba yari imyitozo ya mmbere bakoreye muri iki gihugu 

Uyu munsi saa 17h00,’ iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu ikaba irakorera imyitozo kuri ’30 Juin Stadium’ ikibuga kizakira umukino uzaba ejo ku wa Gatanu.

Ni umukino APR FC isabwa kuzatsinda kugira ngo igere mu matsinda, nyuma y’uko umukino wabereye mu Rwanda amakipe yombi yanganyije ubusa ku busa.

@Gakunzi Blaise/Isango Star-Kigali.

kwamamaza