Amakuru
Musanze - Rwaza: Hari abagore bavugwaho kwiba imyaka n'amatungo...
Hari bamwe mu bagore bo mu murenge wa Rwaza bavuga ko bari kwiba bitewe n'uko abagabo babo babatereranye mu guhahira ingo, mugihe...
Inteko ishinga amategeko irasaba gusesengura raporo za...
Nyuma y'uko umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW), usohoye raporo zinenga u Rwanda n’ubucamanza bwarwo...
Bamwe mu banyarwanda ntibarakangukira kwivuza indwara z'amaso
Inzego z’ubuzima ziragaragaza ko n’ubwo hari intambwe ishimishije imaze guterwa mu buvuzi bw’amaso ugereranyije n’ahahise, hakiri...
Iburasirazuba: Urubyiruko rweretswe indangagaciro z'iterambere
Urubyiruko rwo mu ntara y'Iburasirazuba ruvuga ko nyuma y’ibiganiro ku murimo bahawe, rutari ruzi ko indangagaciro yo gukunda umurimo...
Huye: Abivuriza ku kigo nderabuzima cya Matyazo barinubira...
Mu karere ka Huye, bamwe mu baturage bivuriza ku kigo nderabuzima cya Matyazo, baravuga ko babangamiwe na serivisi mbi bahererwa cyane...
Abadepite barasaba ko ikibazo cy'inyubako za Leta zidakoreshwa...
Ubwo komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu PAC yagezaga ku nteko ishinga amategeko umutwe w’Abadepite...
RSSB gutinda kwishyura inyemezabwishyu bituma serivise...
Muri gahunda yo guharanira impinduka nziza mu buzima mu karere ka Nyarugenge, abafite aho bahuriye n'ibikorwa by’ubuzima ndetse n’abafatanyabikorwa,...
Burera: Abayobozi b'ibigo by'amashuri barenga 400 batangiye...
Abarenga 400 bayobora ibigo by’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro baturutse hirya no hino mu gihugu batangiye itorero mu kigo cy’Ubutore...
Amajyepfo: Minisiteri y'Urubyiruko irarusaba kubyaza umusaruro...
Mu ntara y'Amajyepfo, urubyiruko rwiga mu mashuri makuru na za kaminuza, ruravuga ko rugiye kurushaho kwitinyuka no guhanga imirimo...
RURA irasabwa gukemura ibibazo by'imodoka rusange na interineti
Kuri uyu wa Gatatu komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu PAC yagejeje ku nteko rusange umutwe...
Kiny
Eng
Fr





