MU Rwanda
Burera: Umugabo yafashwe amaze kwambutsa umupaka ibilo...
Polisi ikorera mu karere ka Burera yataye muri yombi umugabo wari umaze kwambutsa umufuka urimo ibilo 20 by’ibiyobyabwenge byo mu...
Hatangijwe ikoranabuhanga rizafasha mu guhangana n’indwara...
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangije ikoranabuhanga rishya rya e-IDSR (Electronic Integrated Disease Surveillance and Response),...
Abantu 11 batawe muri yombi bakekwaho kwiba inka z’abaturage
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abantu 11 bakekwaho kwiba inka esheshatu z’abaturage bo mu Karere ka Gasabo bakazijyana kuzigurisha...
Amerika yizeye ubushake bwa Perezida Kagame mu kwimakaza...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko ifitiye icyizere Perezida Paul Kagame mu kwimakaza amahoro n’iterambere mu Karere k’ibiyaga...
Hagarutswe ku mishinga yo gucanira amashanyazi mu bice...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Amb Jean De Dieu Uwihanganye, yagiranye ibiganiro n’ubuyobozi bukuru bwa Sosiyete...
Nyabihu: Bamwe mu bayobozi bakurikiranywe ho kunyereza...
Urukiko rw’Ibanze rwa Mukamira rwafashe icyemezo cyo kurekura by’agateganyo na burundu abayobozi umunani. Ni mu gihe abandi bakomeje...
Ese koko haba hagiye kuboneka igisubizo ku kibazo cy'ubutaka...
Ikibazo cy'ubutaka bwera bugenda bwubakwaho hirya no hino mu gihugu bigatera impungenge bamwe mu banyarwanda bibaza amaherezo cyabyo...
Ingo zisaga 6,000 zahawe ibikoresho byo gutekesha hakoreshejwe...
Ingo zirenga 6,000 zo mu turere twa Rwamagana na Musanze zimaze guhabwa ibikoresho byo gutekesha bigezweho bikoresha gaze (LPG). Ni...
Minisitiri Nsengiyumva yasabye ko za pariki n'ibyanya bikomye...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye ibihugu bya Afurika kudashyira mu kaga amahoro n’iterambere ryabyo,...
Kagame yasabye imikorere ifungura iterambere rigera no ...
Perezida Paul Kagame yashimangiye ko hakenewe imikorere ishobora gufungura inzira y’iterambere rirambye kandi rigera kuri bose, cyane...
Kiny
Eng
Fr





