MU Rwanda
Perezida Kagame yashimangiye ko U Rwanda rushobora gukura...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rushobora gukura ingabo zarwo mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique mu gihe nta nkunga...
Hagaragajwe icyuho gikomeye mu micungire y’imari ya Leta
Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane ishami ry'u Rwanda (T.I Rwanda) watangaje ko mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2023/2024,...
MINAGRI iri gushaka igisubizo cy'ikibazo cy’imiti y’amatungo...
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Télesphore, yatangaje ko Leta iri kuganira na Minisiteri y’Ubuzima kugira ngo imiti...
Ese koko ikibazo cyo gutinda kwa service z'ubutaka byaba...
Mu guhangana n’ibibazo by’igihe kirekire abaturage bamaze bagaragaza, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka (NLA) cyatangaje ko dosiye...
Nyabugogo: Polisi yafashe abakekwaho ubujura bari bamaze...
Nyuma y’ibirego by’abaturage bakorera ibikorwa bitandukanye mu gace ka Nyabugogo, bagaragazaga ko hari abajura babatega mu masaha...
KIGALI: Polisi yagaruje ibicuruzwa byari byibwe umucuruzi
Polisi ikorera mu mujyi wa Kigali, kuri uyu wa kabiri tariki ya 31 Werurwe (03) 2026, yasubije ibicuruzwa umucuruzi witwa Susan Asiimwe...
Hagaragajwe imbogamizi ku Muganda ngarukakwezi zituma hari...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yatangaje ko nubwo Politiki y’Umuganda yageze kuri byinshi birimo kubakira...
Ikoranabuhanga ry'ubwenge buhangano (AI) rigira uruhare...
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, yavuze ko ikoranabuhanga ry’Ubwenge buhangano (AI) rigira uruhare rungana...
Ikigero cy'imyaka itajyanye n'umwaka bigamo, imbogamizi...
Mu Rwanda, abarenga kimwe cya kabiri cy’abanyeshuri biga bafite imyaka itajyanye n’icyiciro cyangwa umwaka bigamo, bigatuma bake ari...
U Rwanda rwazigamye miliyari 1,1 Frw mu gutanga serivisi...
U Rwanda rwamaze kuzigama arenga miliyari 1,1 Frw bitewe no gutangira gutangira imbere mu gihugu serivisi zo gusimbuza impyiko. Ni...
Kiny
Eng
Fr





