6#TdRwanda 2024: Restrepo Valencia ni umwami w’i Rusizi,Reinderink yambaye umuhondo

6#TdRwanda 2024: Restrepo Valencia ni umwami w’i Rusizi,Reinderink yambaye umuhondo

Kuri uyu wa Kabiri, ubwo hakminwaga etape ya gatatu ya Tour du Rwanda ya 2024, Umunya-Colombia, Jhonathan Restrepo Valentia yongeye kwerekana ko aka face amaze kukamenya kook ni inshuro ye ya kabiri ahaserukana isheja. 

kwamamaza

 

Uru rugendo rwavaga mu karere ka Huye rugana i Rusizi, Restrepo yarugenzi amasaha atatu, iminota 46 n’amasegonda 41 (3h46’31’’) aza akurikiwe na Blackmore Joseph, Umwongereza ukinira ikipe ya Israel Premier-Tech. Reinderink wahise Bambara umwenda w’umuhondo yaje ku many wa gatatu banganya ibihe ariko we atabarwq n’uko etape ebyiri ziheruka yari afite ibihe briza.

Ni urugendo rwatangiye nk’ibisanzwe abakinnyi batatu bafata umwanzuro wo kugenda (Breakaway) bayobowe na Munnyaneza Didier (Team Rwanda), Yohannes Habteab (Bike Aid) na Etienne Tuyizere (Team Rwanda) aria biza kwanga mu bilometero bya nyuma kuko mun bilometero 80 batangiye kugorwa n’urugendo.

Mu bilometero 74, Munyaneza Didier, Tuyizere Etienne na Habteab basigaga peloton 3’55’’. Iki gihe nibwo ikipe ya Soul Quick-Step yari yatangiye kugaragaza ibimenyetso byo gukora attaque zikomeye zitegura kuzamuka agasozi ka nyuma byanaje kuyihira.

Mu mibare ya Soudal-Quick-Step yari ugucungana n’ibihe bya Itamar Eihorn, Umunya-Israel wari wambaye umwenda w’umuhondo i Kibeho mu rugende rwavaga i Muhanga. Gusa mu billetero 84, Itamar yari yamaze gukora attaque ashaka kujya gufata bari bari muri Breakaway, gusa ntabwo yabishoboye kuko yagaruwe ndetse akanasigara musozi wa Bumazi wari ku kilometero cya 126.8, agasozi gaffe kilometero 2.8.

Mu bilometero 87 abakinnyi 70 bari ramazze kujya ham bayobora isiganwa ariko mu kilometero cya 93 bari ramazze guatata hasigaye abakinnyi 19 gusa. Mu billetero 117 ikipe ya Soudal-Quick-Step yari kiri ghutanga ubutumwa muri peloton.

Mu kilometero cya nyuma nibs Restrepo Jhonathan Valencia yakoze attaque iremereye, attaque avuga ko yayifashijwemo na bagenzi be bakinana mu ikipe ya Polti-Kometa yo mu Butaliyani ariko iba muri Espagne.

Yagize ati “Ni arazi gakomeye kakozwe na bagenzi banjye dukinana kuko bamfashije kugumana umutekano muri peloton, ubu erro hasigaye kureba etape zisigaye ku buryo byakomeza kugenda neza dushaka izindi ntsinzi”

Restrepo yatwaye Etape ya Huye-Rusizi mu mwaka wa 2020 kuri ubu acaba yahise yuzuza etape zirindwi muri Tour du Rwanda muri rusange.

Ku rutonde rusange, Pepijin Reinderink arayoboye akaba amaze gukoresha 7h04’12’’ ibihe anganya n’abandi bakinnyi bose bari mu icumi ba mbere (Top 10). Kuri uru rutonde, Villa Giacomo (Soudal-Quick-Step) ari ku many wa kabiri, Lecerf William Junior bakinana akaza ku manya wa gatatu. Lecerf yabaye usa gatatu ku rutonde rusange rwa Tour du Rwanda ya 2023.

Restrepo ubu ni usa kane ku rutonde rusange, Blackmore Joseph ni uha gataun mu give Akilu Arefayne ari una gatandatu araba ari nawe Munyafurika rukumbi uri mu icumi ba mbere. 

Umunya-Erythrea, Yohannes Habteab ukinira ikipe ya BikeAid nice wahawe igihembo cy’Umuzamutsi w’umunsi akurikirwa na Geary Dilon ukinira ikipe ya Afurika y’Epfo. Tuyizere Etienne (Java Inovotec) ni uwa kane akurikiwe na Munyaneza Didier (Team Rwanda).

Arefayne Akilu (Team Erythrea) ubu Nice mukinnyi ukiri muto uhiga abandi akanaba umunyafurika mwiza uri kwitwara neza muri iri siganwa ritri gukiwa ku nshuro ya 16 kuva mu 2009, inshuro ya gatanu kiri ku gipimo cya 2.1 kuva mu 2019.

Mu gutanga ibihembo, ikipe ya Bingoal WB yo mu Bubiligi niyo yaserutse mu gihe mu manta ikurikirwa na Team Polti Kometa yo mu Butaliyani, Team Rwanda iri ku mwanya wa cyenda.

Ku ruhande rw’abanyarwanda, Mugisha Moise yahawe igihembo cy’Umunyarwanda urusha abandi. Tuyizere Hashinm wa Java Inovotec niwe Munyarwanda kiri muto witwaye Neza ahembwa n’uruganda INGUFU GIN Ltd, umwambaro mushya muri Tour du Rwanda.

Yohannes Habteab (Bike Aid) yahembwe nk’uwarushije abandi guhatana (Best Combative Rider. 

Kuri uyu wa Gatatu, Tour du Rwanda izana i Karongi ifana i Rubavu ku ntera ya Kilometero 92.

Dore uko byari byifashe mu mafoto:

Jhonathan Restrepo yongeye gukora amateka i Rusizi

Pepijn Reinderink wa Soudal-Quick-Step niwe uzagera i Rubavu yambaye umwenda w'Umuhondo

Umunya-Erythrea Yohannes Habteab ukinira Bike Aid niwe wabaye umuzamutsi mwiza

Munyaneza Didier niwe mukinnyi urusha abandi muri sprint

Mugisha Moise niwe Munyarwanda witwaye neza

Munyaneza Didier mu ishyamba rya Nyungwe

Umujyi wa Rusizi washyizeho agahigo ko kugira abantu benshi bakurikiye isozwa ry'agace ka Tour du Rwanda ya 2024

Ikipe ya Soudal Quick-Step yayoboye peloton igihe kitari gito

Pepijn Reinderink niwe wambaye umwenda w'Umuhondo

Tuyizere Hashim ukinira ikipe ya Java INOVOTEC niwe wahembwe nka INGUFU GIN LTD, igihembo cy'Umunyarwanda ukiri muto witwaye neza

Abakinnyi ubwo bari binjiye Nyungwe

Huye-Rusizi ni Etape iba isaba byinshi abakinnyi

Uva ibimoso: Eric Senderi, Tuyizere Hashim, Mico The Best na Ndahiro Valens Papy

@Mihigo Sadam/Isango Star_Kigali.

 

kwamamaza

6#TdRwanda 2024: Restrepo Valencia ni umwami w’i Rusizi,Reinderink yambaye umuhondo

6#TdRwanda 2024: Restrepo Valencia ni umwami w’i Rusizi,Reinderink yambaye umuhondo

 Feb 21, 2024 - 06:52

Kuri uyu wa Kabiri, ubwo hakminwaga etape ya gatatu ya Tour du Rwanda ya 2024, Umunya-Colombia, Jhonathan Restrepo Valentia yongeye kwerekana ko aka face amaze kukamenya kook ni inshuro ye ya kabiri ahaserukana isheja. 

kwamamaza

Uru rugendo rwavaga mu karere ka Huye rugana i Rusizi, Restrepo yarugenzi amasaha atatu, iminota 46 n’amasegonda 41 (3h46’31’’) aza akurikiwe na Blackmore Joseph, Umwongereza ukinira ikipe ya Israel Premier-Tech. Reinderink wahise Bambara umwenda w’umuhondo yaje ku many wa gatatu banganya ibihe ariko we atabarwq n’uko etape ebyiri ziheruka yari afite ibihe briza.

Ni urugendo rwatangiye nk’ibisanzwe abakinnyi batatu bafata umwanzuro wo kugenda (Breakaway) bayobowe na Munnyaneza Didier (Team Rwanda), Yohannes Habteab (Bike Aid) na Etienne Tuyizere (Team Rwanda) aria biza kwanga mu bilometero bya nyuma kuko mun bilometero 80 batangiye kugorwa n’urugendo.

Mu bilometero 74, Munyaneza Didier, Tuyizere Etienne na Habteab basigaga peloton 3’55’’. Iki gihe nibwo ikipe ya Soul Quick-Step yari yatangiye kugaragaza ibimenyetso byo gukora attaque zikomeye zitegura kuzamuka agasozi ka nyuma byanaje kuyihira.

Mu mibare ya Soudal-Quick-Step yari ugucungana n’ibihe bya Itamar Eihorn, Umunya-Israel wari wambaye umwenda w’umuhondo i Kibeho mu rugende rwavaga i Muhanga. Gusa mu billetero 84, Itamar yari yamaze gukora attaque ashaka kujya gufata bari bari muri Breakaway, gusa ntabwo yabishoboye kuko yagaruwe ndetse akanasigara musozi wa Bumazi wari ku kilometero cya 126.8, agasozi gaffe kilometero 2.8.

Mu bilometero 87 abakinnyi 70 bari ramazze kujya ham bayobora isiganwa ariko mu kilometero cya 93 bari ramazze guatata hasigaye abakinnyi 19 gusa. Mu billetero 117 ikipe ya Soudal-Quick-Step yari kiri ghutanga ubutumwa muri peloton.

Mu kilometero cya nyuma nibs Restrepo Jhonathan Valencia yakoze attaque iremereye, attaque avuga ko yayifashijwemo na bagenzi be bakinana mu ikipe ya Polti-Kometa yo mu Butaliyani ariko iba muri Espagne.

Yagize ati “Ni arazi gakomeye kakozwe na bagenzi banjye dukinana kuko bamfashije kugumana umutekano muri peloton, ubu erro hasigaye kureba etape zisigaye ku buryo byakomeza kugenda neza dushaka izindi ntsinzi”

Restrepo yatwaye Etape ya Huye-Rusizi mu mwaka wa 2020 kuri ubu acaba yahise yuzuza etape zirindwi muri Tour du Rwanda muri rusange.

Ku rutonde rusange, Pepijin Reinderink arayoboye akaba amaze gukoresha 7h04’12’’ ibihe anganya n’abandi bakinnyi bose bari mu icumi ba mbere (Top 10). Kuri uru rutonde, Villa Giacomo (Soudal-Quick-Step) ari ku many wa kabiri, Lecerf William Junior bakinana akaza ku manya wa gatatu. Lecerf yabaye usa gatatu ku rutonde rusange rwa Tour du Rwanda ya 2023.

Restrepo ubu ni usa kane ku rutonde rusange, Blackmore Joseph ni uha gataun mu give Akilu Arefayne ari una gatandatu araba ari nawe Munyafurika rukumbi uri mu icumi ba mbere. 

Umunya-Erythrea, Yohannes Habteab ukinira ikipe ya BikeAid nice wahawe igihembo cy’Umuzamutsi w’umunsi akurikirwa na Geary Dilon ukinira ikipe ya Afurika y’Epfo. Tuyizere Etienne (Java Inovotec) ni uwa kane akurikiwe na Munyaneza Didier (Team Rwanda).

Arefayne Akilu (Team Erythrea) ubu Nice mukinnyi ukiri muto uhiga abandi akanaba umunyafurika mwiza uri kwitwara neza muri iri siganwa ritri gukiwa ku nshuro ya 16 kuva mu 2009, inshuro ya gatanu kiri ku gipimo cya 2.1 kuva mu 2019.

Mu gutanga ibihembo, ikipe ya Bingoal WB yo mu Bubiligi niyo yaserutse mu gihe mu manta ikurikirwa na Team Polti Kometa yo mu Butaliyani, Team Rwanda iri ku mwanya wa cyenda.

Ku ruhande rw’abanyarwanda, Mugisha Moise yahawe igihembo cy’Umunyarwanda urusha abandi. Tuyizere Hashinm wa Java Inovotec niwe Munyarwanda kiri muto witwaye Neza ahembwa n’uruganda INGUFU GIN Ltd, umwambaro mushya muri Tour du Rwanda.

Yohannes Habteab (Bike Aid) yahembwe nk’uwarushije abandi guhatana (Best Combative Rider. 

Kuri uyu wa Gatatu, Tour du Rwanda izana i Karongi ifana i Rubavu ku ntera ya Kilometero 92.

Dore uko byari byifashe mu mafoto:

Jhonathan Restrepo yongeye gukora amateka i Rusizi

Pepijn Reinderink wa Soudal-Quick-Step niwe uzagera i Rubavu yambaye umwenda w'Umuhondo

Umunya-Erythrea Yohannes Habteab ukinira Bike Aid niwe wabaye umuzamutsi mwiza

Munyaneza Didier niwe mukinnyi urusha abandi muri sprint

Mugisha Moise niwe Munyarwanda witwaye neza

Munyaneza Didier mu ishyamba rya Nyungwe

Umujyi wa Rusizi washyizeho agahigo ko kugira abantu benshi bakurikiye isozwa ry'agace ka Tour du Rwanda ya 2024

Ikipe ya Soudal Quick-Step yayoboye peloton igihe kitari gito

Pepijn Reinderink niwe wambaye umwenda w'Umuhondo

Tuyizere Hashim ukinira ikipe ya Java INOVOTEC niwe wahembwe nka INGUFU GIN LTD, igihembo cy'Umunyarwanda ukiri muto witwaye neza

Abakinnyi ubwo bari binjiye Nyungwe

Huye-Rusizi ni Etape iba isaba byinshi abakinnyi

Uva ibimoso: Eric Senderi, Tuyizere Hashim, Mico The Best na Ndahiro Valens Papy

@Mihigo Sadam/Isango Star_Kigali.

kwamamaza