Yago yifatanyije n'abakunzwe muri Showbiz nyarwanda mu ndirimbo ye nshya yise SUWEJO

Yago yifatanyije n'abakunzwe muri Showbiz nyarwanda mu ndirimbo ye nshya yise SUWEJO

Umunyamakuru Yago yasohoye indirimbo ye nshya yise Suwejo, mu mashusho yayo hagaragayemo abakunzwe muri Showbiz nyarwanda. 

kwamamaza

 

Muri iyi ndirimbo Suwejo hagaragaramo aba star batandukanye bo mu Rwanda barimo:Papa Cyangwe, Social Mula, Element , Khalfan, Ndimbati, Juno Kizigenza, Mico the best, Dj Brianne, Riderman,K john ,Kaboss Nizo,umunyamakuru Ndahiro Valens Papi, n'abandi benshi bagaragara ku meza ngari bishimanye basangira.

Yago yabanje kuba umunyamakuru kuri RadioTv 10 nyuma aza gushinga youtube channel ye ayita YagoTV Show.

Uyu munyamakuru aherutse gutangaza ko azashyira hanze indirimbo yise SUWEJO akaba yayishyize hanze kuri uyu wa gatanu ku isaha ya saa kumi z'umugoroba .

Abantu benshi batangajwe n'ijwi ry'uyu musore ubusanzwe utamenyerewe mu kuriririmba bakaba bagaragaje urukundo rwinshi bakiranye indirimbo.


iyi ndirimbo ni iy'urugendo rukomeye rw'ubuzima bwe aho agaragara ava iwabo Tabagwe mu karere ka Nyagatare aza i Kigali gushaka amafranga

ikaba ari n' indirimbo yibutswemo bamwe mu bahanzi bitabye imana mu muziki nyarwanda nka Yvan Buravan, Dj Miller, Jaypolly, Radio waririmbaga mu itsinda rya goodlife muri Uganda n'abandi.

Inkuru ya Kamarebe Nailla

Reba hano Tumwe mu dushya twagaragaye muri iyi ndirimbo SUWEJO

 

kwamamaza

Yago yifatanyije n'abakunzwe muri Showbiz nyarwanda mu ndirimbo ye nshya yise SUWEJO

Yago yifatanyije n'abakunzwe muri Showbiz nyarwanda mu ndirimbo ye nshya yise SUWEJO

 Nov 11, 2022 - 15:48

Umunyamakuru Yago yasohoye indirimbo ye nshya yise Suwejo, mu mashusho yayo hagaragayemo abakunzwe muri Showbiz nyarwanda. 

kwamamaza

Muri iyi ndirimbo Suwejo hagaragaramo aba star batandukanye bo mu Rwanda barimo:Papa Cyangwe, Social Mula, Element , Khalfan, Ndimbati, Juno Kizigenza, Mico the best, Dj Brianne, Riderman,K john ,Kaboss Nizo,umunyamakuru Ndahiro Valens Papi, n'abandi benshi bagaragara ku meza ngari bishimanye basangira.

Yago yabanje kuba umunyamakuru kuri RadioTv 10 nyuma aza gushinga youtube channel ye ayita YagoTV Show.

Uyu munyamakuru aherutse gutangaza ko azashyira hanze indirimbo yise SUWEJO akaba yayishyize hanze kuri uyu wa gatanu ku isaha ya saa kumi z'umugoroba .

Abantu benshi batangajwe n'ijwi ry'uyu musore ubusanzwe utamenyerewe mu kuriririmba bakaba bagaragaje urukundo rwinshi bakiranye indirimbo.


iyi ndirimbo ni iy'urugendo rukomeye rw'ubuzima bwe aho agaragara ava iwabo Tabagwe mu karere ka Nyagatare aza i Kigali gushaka amafranga

ikaba ari n' indirimbo yibutswemo bamwe mu bahanzi bitabye imana mu muziki nyarwanda nka Yvan Buravan, Dj Miller, Jaypolly, Radio waririmbaga mu itsinda rya goodlife muri Uganda n'abandi.

Inkuru ya Kamarebe Nailla

Reba hano Tumwe mu dushya twagaragaye muri iyi ndirimbo SUWEJO

kwamamaza