Umutwe wa Hezbollah watangaje ko abarwanyi bawo 4 biciwe muri Liban.

Umutwe wa Hezbollah watangaje ko abarwanyi bawo 4 biciwe muri Liban.

Umutwe w’inyeshyamba za Hezbollah ushyigikiwe na Iran watangaje ko abarwanyi bawo bane biciwe mu majyepfo ya Liban. Ni nyuma yaho abagera 9 bamaze gupfa kuva ubushyamirane bwakwiyongera ku mupaka wa Liban na Islael.

kwamamaza

 

Kuva Umutwe wa Hamas wagaba ibitero kuri Israel ku ya 7 Ukwakira (10) 2023, kigahitana abarenga 13 000 ndetse abarenga 150 bagashimutwa, Israel yinjiye mu ntambara  na Hamas mu gice cy’amajyepfo ya Israel. Ibi byajyanye no kuba ibitero byariyongereye no ku mupaka wa Liban ndetse na Syria.

Kur’uyu wa kabiri, umutwe wa Hezbollah ugizwe n’abanyapakisitani ndetse ufasha na Iran, watangaje ko abarwanyi bawo 4 bapfuye nyuma y’amasaha make Ingaboza Israel zitangaje ko zibonye abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba bagerageza kwambuka inkuta z’umutekano ku rubibi rw'igihugu cyabo na Liban maze zigatangira gutera ibiturika.

Ibi byerekana ko mu mpande zose igihugu cya Israel gisanzwe kiri gutegura igitero cyo ku butaka muri Gaza mu rwego rwo kurimbura umutwe w’abanyapalestina wa Hamas, kitorohewe ku mipaka yacyo n’ibihugu by’ibituranyi.

Kuva umutwe wa Hamas wagaba ibitero mu majyepfo ya Israel, n’ibitero by’umutwe wa Hezbollah ntibisiba kugabwa ku butaka bwayo.

Gusa birasa naho Israel yirinda gukaza intambara kur’uyu mutwe, mugihe bitoroshye ku ruhande rwa Hamas.

 

kwamamaza

Umutwe wa Hezbollah watangaje ko abarwanyi bawo 4 biciwe muri Liban.

Umutwe wa Hezbollah watangaje ko abarwanyi bawo 4 biciwe muri Liban.

 Oct 18, 2023 - 03:16

Umutwe w’inyeshyamba za Hezbollah ushyigikiwe na Iran watangaje ko abarwanyi bawo bane biciwe mu majyepfo ya Liban. Ni nyuma yaho abagera 9 bamaze gupfa kuva ubushyamirane bwakwiyongera ku mupaka wa Liban na Islael.

kwamamaza

Kuva Umutwe wa Hamas wagaba ibitero kuri Israel ku ya 7 Ukwakira (10) 2023, kigahitana abarenga 13 000 ndetse abarenga 150 bagashimutwa, Israel yinjiye mu ntambara  na Hamas mu gice cy’amajyepfo ya Israel. Ibi byajyanye no kuba ibitero byariyongereye no ku mupaka wa Liban ndetse na Syria.

Kur’uyu wa kabiri, umutwe wa Hezbollah ugizwe n’abanyapakisitani ndetse ufasha na Iran, watangaje ko abarwanyi bawo 4 bapfuye nyuma y’amasaha make Ingaboza Israel zitangaje ko zibonye abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba bagerageza kwambuka inkuta z’umutekano ku rubibi rw'igihugu cyabo na Liban maze zigatangira gutera ibiturika.

Ibi byerekana ko mu mpande zose igihugu cya Israel gisanzwe kiri gutegura igitero cyo ku butaka muri Gaza mu rwego rwo kurimbura umutwe w’abanyapalestina wa Hamas, kitorohewe ku mipaka yacyo n’ibihugu by’ibituranyi.

Kuva umutwe wa Hamas wagaba ibitero mu majyepfo ya Israel, n’ibitero by’umutwe wa Hezbollah ntibisiba kugabwa ku butaka bwayo.

Gusa birasa naho Israel yirinda gukaza intambara kur’uyu mutwe, mugihe bitoroshye ku ruhande rwa Hamas.

kwamamaza