Somaliya: Ibitero bibiri byabereye rwagati mu gihugu byahitanye abantu.

Somaliya: Ibitero bibiri byabereye rwagati mu gihugu byahitanye abantu.

Nibura abantu 10 bapfuye, abandi benshi barakomerekera mu gitero cyakozwe n’imodoka ibyiri mu gitondo cyo ku wa kabiri mu mujyi wa Mahas, rwagati mu gihugu , nk’uko byatangajwe n’inzego z’umutekano za Somaliya.

kwamamaza

 

Inzego z’umutekano zivuga ko iki gitero cyahitanye aba bantu cyakozwe intagondwa zigendera ku mahame y’idini ya Islam ba Al- Shebab, cyabereye muri kariya gace ko mu ntara ya Hiran.

Hashize amezi menshi aho habereye ikindi gitero gikomeye ku ntagondwa za Al-shebab cyakozwe n’ingabo zihuriweho ziri mu butumwa bw’amahoro ndetse n’iza Somaliya.

 

kwamamaza

Somaliya: Ibitero bibiri byabereye rwagati mu gihugu byahitanye abantu.

Somaliya: Ibitero bibiri byabereye rwagati mu gihugu byahitanye abantu.

 Jan 4, 2023 - 16:42

Nibura abantu 10 bapfuye, abandi benshi barakomerekera mu gitero cyakozwe n’imodoka ibyiri mu gitondo cyo ku wa kabiri mu mujyi wa Mahas, rwagati mu gihugu , nk’uko byatangajwe n’inzego z’umutekano za Somaliya.

kwamamaza

Inzego z’umutekano zivuga ko iki gitero cyahitanye aba bantu cyakozwe intagondwa zigendera ku mahame y’idini ya Islam ba Al- Shebab, cyabereye muri kariya gace ko mu ntara ya Hiran.

Hashize amezi menshi aho habereye ikindi gitero gikomeye ku ntagondwa za Al-shebab cyakozwe n’ingabo zihuriweho ziri mu butumwa bw’amahoro ndetse n’iza Somaliya.

kwamamaza