" Nzakomeza kuyasubiramo" Evguéni Roïzman utavugarumwe n'Ubutegetsi bw'Uburusiya ku magambo akoresha ntambara yo muri Ukraine.

" Nzakomeza kuyasubiramo" Evguéni Roïzman utavugarumwe n'Ubutegetsi bw'Uburusiya ku magambo akoresha ntambara yo muri  Ukraine.

Evguéni Roïzman niwe munyapolitike wa nyuma mu bakomeye barwanya Putin warucyiri ku butaka bw’Uburusiya ategerejwe kuburanishwa. Kuva muri Kanama (08) umwaka ushize, uyu mugabo utavuga rumwe n’ubutegetsi yarafungiwe iwe mu rugo rwe ariko abujijwe kuvugira mu ruhame, harimo no gukoresha imbuga nkoranyambaga.

kwamamaza

 

Evguéni Roïzman wabaye umuyobozi wa Ekaterinburg kur’uyu wa gatatu, ku ya 26 Mata (04) 2023, yagejejwe imbere y’ubutabera, aho akurikiranyweho gutesha agaciro ingabo z’Uburusiya.

Roïzman yatawe muri yombi mu buryo budasanzwe n’abagabo babarirwa mu icumi bambaye amajile atinjirwa n’amasasu, ubwo yari yicaye kuri balcony o mu rugo rwe, yasetse uburyo gutekereza ko ari bibi kwanga kwita intambara y’Uburusiya muri Ukraine ‘ ibikorwa bidasanzwe bibera muri Ukraine’.

Roïzman  yawoboye  Yekaterinburg  azira kuba yarakoresheje  amagambo yose amategeko y’Uburusiya abuzaku bikorwa by’igisilikari muri Ukraine.

Ubwo abapolisi bageraga iwe baje kumufata, yagize ati: "Nzakomeza kubisubiramo." Ibi yabitangaje mu ijwi riranguruye bavuze ubwo yari kuri Balcon mugihe ifatwa rye ryanyuzwaga kuri televisiyo y’Uburusiya.

Inshuro nyinshi yaciwe amande kubera ibyo yandikaga ku mbuga nkoranyambaga binenga.  Roïzman  wigeze gufungwa iminsi 14, kur’iyi nshuro ashobora gukatirwa imyaka myinshi y’igifungo.

Abatavugarumwe na Putin bakomeje gufungwa!

Ilia Iachine nawe utavuga rumwe na Putin yamaze gukatirwa igifungo cy’imyaka umunani n’igice azira gutesha agaciro ibikorwa by’ingabo z’Uburusiya muri Ukraine, ndetse bitezweko vuba azimurirwa mu yindi gereza.

Mbere yo gufungwa , Ilia Iachine yashyize ku mbuga nkoranyambaga bugira buti: “ngiye kuba ndetse guhura n’abo mu isi by’igihe bito. Kugeza aho nzahagera, nta munyamategeko wanjye cyangwa abavandimwe banjye bazamenya aho ndi. Mbere yibyo, nzakora itangazo rito.”

Yagaragaje kwakira ibimubayeho ariko avuga ko byose bizagenda neza. Nimugihe na Alexei Navalny yamaze kwamagana ikirego cyatuma akatirwa imyaka 35 y'igifungo.

 

kwamamaza

" Nzakomeza kuyasubiramo" Evguéni Roïzman utavugarumwe n'Ubutegetsi bw'Uburusiya ku magambo akoresha ntambara yo muri  Ukraine.

" Nzakomeza kuyasubiramo" Evguéni Roïzman utavugarumwe n'Ubutegetsi bw'Uburusiya ku magambo akoresha ntambara yo muri Ukraine.

 Apr 26, 2023 - 14:17

Evguéni Roïzman niwe munyapolitike wa nyuma mu bakomeye barwanya Putin warucyiri ku butaka bw’Uburusiya ategerejwe kuburanishwa. Kuva muri Kanama (08) umwaka ushize, uyu mugabo utavuga rumwe n’ubutegetsi yarafungiwe iwe mu rugo rwe ariko abujijwe kuvugira mu ruhame, harimo no gukoresha imbuga nkoranyambaga.

kwamamaza

Evguéni Roïzman wabaye umuyobozi wa Ekaterinburg kur’uyu wa gatatu, ku ya 26 Mata (04) 2023, yagejejwe imbere y’ubutabera, aho akurikiranyweho gutesha agaciro ingabo z’Uburusiya.

Roïzman yatawe muri yombi mu buryo budasanzwe n’abagabo babarirwa mu icumi bambaye amajile atinjirwa n’amasasu, ubwo yari yicaye kuri balcony o mu rugo rwe, yasetse uburyo gutekereza ko ari bibi kwanga kwita intambara y’Uburusiya muri Ukraine ‘ ibikorwa bidasanzwe bibera muri Ukraine’.

Roïzman  yawoboye  Yekaterinburg  azira kuba yarakoresheje  amagambo yose amategeko y’Uburusiya abuzaku bikorwa by’igisilikari muri Ukraine.

Ubwo abapolisi bageraga iwe baje kumufata, yagize ati: "Nzakomeza kubisubiramo." Ibi yabitangaje mu ijwi riranguruye bavuze ubwo yari kuri Balcon mugihe ifatwa rye ryanyuzwaga kuri televisiyo y’Uburusiya.

Inshuro nyinshi yaciwe amande kubera ibyo yandikaga ku mbuga nkoranyambaga binenga.  Roïzman  wigeze gufungwa iminsi 14, kur’iyi nshuro ashobora gukatirwa imyaka myinshi y’igifungo.

Abatavugarumwe na Putin bakomeje gufungwa!

Ilia Iachine nawe utavuga rumwe na Putin yamaze gukatirwa igifungo cy’imyaka umunani n’igice azira gutesha agaciro ibikorwa by’ingabo z’Uburusiya muri Ukraine, ndetse bitezweko vuba azimurirwa mu yindi gereza.

Mbere yo gufungwa , Ilia Iachine yashyize ku mbuga nkoranyambaga bugira buti: “ngiye kuba ndetse guhura n’abo mu isi by’igihe bito. Kugeza aho nzahagera, nta munyamategeko wanjye cyangwa abavandimwe banjye bazamenya aho ndi. Mbere yibyo, nzakora itangazo rito.”

Yagaragaje kwakira ibimubayeho ariko avuga ko byose bizagenda neza. Nimugihe na Alexei Navalny yamaze kwamagana ikirego cyatuma akatirwa imyaka 35 y'igifungo.

kwamamaza