Amakuru
MIGEPROF yahawe igihe ntarengwa cyo gukemura ibibazo bigaragara...
Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yasabye Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) gufata ingamba zihutirwa...
ONU yategetse ko hakorwa iperereza ku bwicanyi buri kubera...
Akanama k’Uburenganzira bwa Muntu ka ONU kategetse ko hashyirwaho itsinda ryihariye rishinzwe kumenya no gukurikirana abakekwaho ibyaha...
Umugabo bikekwa ko yapfuye agiye gukatirwa ku byaha bikomeye
Urukiko rwo muri Belgique rugiye gufata icyemezo ku mugabo ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside n'ibyibasiye inyokomuntu yakoreye Abayezidi,...
Minisiteri y'uburezi yasabwe gukemura ibibazo byose bigaragara...
Inteko Ishinga Amategeko y'u Rwanda, umutwe w'Abadepite, yasabye Minisiteri y’Uburezi kwihutisha ingamba zo gukemura ibibazo byagaragaye...
Gahunda y’ubuhuza yatumye abagororwa 85 bo mu igororero...
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Domitilla Mukantaganzwa, yatangaje ko ubuhuza ari uburyo bw’ubutabera bwubaka kandi bufasha igihugu...
UE yatangije iperereza kuri Google ishinjwa kugabanya umwanya...
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (UE) watangije iperereza kuri Google, ishami rya Alphabet, ukekwaho kugabanya umwanya w’imbuga z’amakuru...
Bamwe mu bagororerwa mu igororero ry'abana rya Nyagatare...
Abana bari hagati y’imyaka 14 na 18 biga mu Gororero ry’Abana rya Nyagatare bashimira uburyo bigishwa amasomo asanzwe n’imyuga ibafasha...
Trump ashyize umukono ku itegeko risubukura ibikorwa bya...
Perezida Donald Trump yasinye itegeko risubukura imirimo ya Leta ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’iminsi 43 yari ishize Leta...
Perezida Kagame yagaragaje AI nk'i inkingi y’iterambere...
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko ubwenge buhangano (AI) ari urufunguzo rwo kwihutisha iterambere rya Afurika. Yavuze ko...
Miliyari zisaga 74 zashowe mu kuvugurura amashuri Nderabarezi
Leta y’u Rwanda ku bufatanye na Banki y’Isi yatangiye gushyira mu bikorwa umushinga wa miliyari zisaga 74 Frw wo kuvugurura no kubaka...
Kiny
Eng
Fr





