Algérie: Umuyobozi mukuru wo mu bufaransa yasabwe gusubika uruzinduko rwe kubera Covid-19

Algérie: Umuyobozi mukuru wo mu bufaransa yasabwe gusubika uruzinduko rwe kubera Covid-19

Haïm Korsia ni umwe mu bantu 90 bagombaga guherekeza Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron mu ruzinduko yagiriye muri Algérie kur’uyu wa kane , ku ya 25 Kanama(8) 2022.ariko kubera ubwandu bwa Covid 19 bwamugaragayeho, byatumye atamuherekeza ku munota wa nyuma.

kwamamaza

 

Korsiani umuyahudi wavukiye muri Algérie yicujije kuba atari mubaherekeje Macron. Ni mugihe kandi iby’uru ruzinduko rwe n’itsinda ryagombaga kuba ririmo  Korsia rigomba kumuherekeza bitigezwe bitangazwa , mugihe  Abderrazak Makri; umuyobozi w’abayisilamu bo muri iki gihugu  bo mu muryango uharanira amahoro (MSP), n’andi mashyaka menshi ya politiki bari barabinenze

Mu butumwa bwanyujijwe kuri Facebook, muwatanzeho igitekerezo yari yabajije ati: “Ubufaransa burashaka iki mu kuzana Rabbin [Korsia] mu itsinda ry’Abafaransa niba atari ibisanzwe kuri Israël?”

Umunyapolitiki yongeyeho ko umuyobozi mukuru w’umusigiti wa Paris na we bajyana, ariko yibaza ahoUbufaransa bugahaze  nk'umuyobozi wo gutandukanya Leta n’idini.

Ikiganiro Haïm Korsia aherutse kugirana n'ikinyamakuru France 24 cyabaye ku wa gatandatu, yari yagaragaje gushyigikira Israël cyane, nk’igihugu  gishinjwa guteza ibibazo byo muri Palestine.

Ibi byamaganiwe kure ndetse kuza kwe muri Algeria, abanya-Algeria babyita ubushinyaguzi mu guhuza Israël na Algéria. 

 

 

kwamamaza

Algérie: Umuyobozi mukuru wo mu bufaransa yasabwe gusubika uruzinduko rwe kubera Covid-19

Algérie: Umuyobozi mukuru wo mu bufaransa yasabwe gusubika uruzinduko rwe kubera Covid-19

 Aug 25, 2022 - 17:21

Haïm Korsia ni umwe mu bantu 90 bagombaga guherekeza Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron mu ruzinduko yagiriye muri Algérie kur’uyu wa kane , ku ya 25 Kanama(8) 2022.ariko kubera ubwandu bwa Covid 19 bwamugaragayeho, byatumye atamuherekeza ku munota wa nyuma.

kwamamaza

Korsiani umuyahudi wavukiye muri Algérie yicujije kuba atari mubaherekeje Macron. Ni mugihe kandi iby’uru ruzinduko rwe n’itsinda ryagombaga kuba ririmo  Korsia rigomba kumuherekeza bitigezwe bitangazwa , mugihe  Abderrazak Makri; umuyobozi w’abayisilamu bo muri iki gihugu  bo mu muryango uharanira amahoro (MSP), n’andi mashyaka menshi ya politiki bari barabinenze

Mu butumwa bwanyujijwe kuri Facebook, muwatanzeho igitekerezo yari yabajije ati: “Ubufaransa burashaka iki mu kuzana Rabbin [Korsia] mu itsinda ry’Abafaransa niba atari ibisanzwe kuri Israël?”

Umunyapolitiki yongeyeho ko umuyobozi mukuru w’umusigiti wa Paris na we bajyana, ariko yibaza ahoUbufaransa bugahaze  nk'umuyobozi wo gutandukanya Leta n’idini.

Ikiganiro Haïm Korsia aherutse kugirana n'ikinyamakuru France 24 cyabaye ku wa gatandatu, yari yagaragaje gushyigikira Israël cyane, nk’igihugu  gishinjwa guteza ibibazo byo muri Palestine.

Ibi byamaganiwe kure ndetse kuza kwe muri Algeria, abanya-Algeria babyita ubushinyaguzi mu guhuza Israël na Algéria. 

 

kwamamaza