Uburusiya bwashinje ibihugu by’Iburengerazuba gushaka gukora isi imwe idakwitse.

Uburusiya bwashinje ibihugu by’Iburengerazuba gushaka gukora isi imwe idakwitse.

Kur’uyu wa kane, 15 Nzeri (9), Perezida Vladimir Putin yamaganye ibihugu by’Iburengerazuba bw’isi gushaka gushyiraho isi imwe idahitse. Ibi yabigarutseho ubwo yari kumwe na mugenzi we w’Ubushinwa, Xi Jinping, bahuye bwa mbere kuva icyorezo cya Covid-19 cyaduka ku isi.

kwamamaza

 

Abategetsi b’Uburusiya n’ab’Ubushinwa bahuriye mu nama iri kubera Ouzbékistan ku nshuro ya mbere kuva Moscou yagaba ibitero muri Ukraine. Moscou yashimye uko Ubushinwa bwitwaye mur’iki kibazo.

 Vladimir Putin yabwiye Xi, ati: "Kugerageza kurema isi idahwitse byateje ikibazo kandi  ntibyemewe na gato."

 Mu nama yahuje aba bahukuru b’igihugu bahuye bwa mbere kuba igitero cya Ukraine cyagabwa, Putin yashimiye Xi uko yitwaye mur’iki kibazo.

 Ati:“ Turashimira cyane umwanya utabogamye w'inshuti zacu z'Abashinwa ku bijyanye n'ikibazo cya Ukraine."

 Ni ubwa mbere Perezida Xi Jinping asohotse igihugu cye kuva icyorezo cya Covid cyaduka mu gihugu cye mu mpera za 2019. Ibi bihugu byombi byakomeje gushimangira ubufatanye, ndetse Ubushinwa byanze gutora bwemeza ko Uburusiya butari bukwiye kugaba igitero muri Ukraine, ndetse ntibyashyira mu bikorwa ibihano byafashwe n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’isi.

 

kwamamaza

Uburusiya bwashinje ibihugu by’Iburengerazuba gushaka gukora isi imwe idakwitse.

Uburusiya bwashinje ibihugu by’Iburengerazuba gushaka gukora isi imwe idakwitse.

 Sep 15, 2022 - 15:07

Kur’uyu wa kane, 15 Nzeri (9), Perezida Vladimir Putin yamaganye ibihugu by’Iburengerazuba bw’isi gushaka gushyiraho isi imwe idahitse. Ibi yabigarutseho ubwo yari kumwe na mugenzi we w’Ubushinwa, Xi Jinping, bahuye bwa mbere kuva icyorezo cya Covid-19 cyaduka ku isi.

kwamamaza

Abategetsi b’Uburusiya n’ab’Ubushinwa bahuriye mu nama iri kubera Ouzbékistan ku nshuro ya mbere kuva Moscou yagaba ibitero muri Ukraine. Moscou yashimye uko Ubushinwa bwitwaye mur’iki kibazo.

 Vladimir Putin yabwiye Xi, ati: "Kugerageza kurema isi idahwitse byateje ikibazo kandi  ntibyemewe na gato."

 Mu nama yahuje aba bahukuru b’igihugu bahuye bwa mbere kuba igitero cya Ukraine cyagabwa, Putin yashimiye Xi uko yitwaye mur’iki kibazo.

 Ati:“ Turashimira cyane umwanya utabogamye w'inshuti zacu z'Abashinwa ku bijyanye n'ikibazo cya Ukraine."

 Ni ubwa mbere Perezida Xi Jinping asohotse igihugu cye kuva icyorezo cya Covid cyaduka mu gihugu cye mu mpera za 2019. Ibi bihugu byombi byakomeje gushimangira ubufatanye, ndetse Ubushinwa byanze gutora bwemeza ko Uburusiya butari bukwiye kugaba igitero muri Ukraine, ndetse ntibyashyira mu bikorwa ibihano byafashwe n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’isi.

kwamamaza