Karangwa justin wanze igitego cya APR FC yahagaritswe.

Karangwa justin wanze igitego cya APR FC yahagaritswe.

ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse umusifuzi wo kuruhande Karangwa Justin ibyumweru bine adasifura, kubera kwanga igitego cya APR  FC .

kwamamaza

 

Ni ku nshuro ya gatatu hahanwa umusifuzi muri Rwanda premier league 2025/26 kuri iyi nshuro uwari utahiwe ni karangwa justin uyu musifuzi ahanwe nyuma yaho, ku  mukino w’Umunsi wa Gatandatu wa Shampiyona wabereye kuri Stade Umuganda ku wa Gatandatu, tariki ya 1 Ugushyingo 2025, warangiye Rutsiro FC inganyije na APR FC igitego 1-1, ubwo umukino wari kugana ku musozo, yanze igitego cya APR FC, cyari giturutse ku buryo bwari buturutse ku mupira waruvuye muri koroneri usanga denis Omedi ahita awushyira mwizamu ariko igitego cye cyirangwa.

Nyuma yo gutsinda iki gitego umusifuzi wo kuruhande Karangwa justin yamanitse igitambaro avuga ko uyu musore mbere yo gutsinda yaraririye byatumye iki gitego cyangwa nyamara cyakabaye cyari igitego cy'itsinzi kuri iyi kipe, nyuma y'umukino abafana ba APR FC ntibishimiye iki cyemezo cyari gifashwe nuyu musifuzi ndetse n'ubuyobozi bw'iyi ekipe ntibwishimiye iki cyemezo cyari gifashwe na karangwa  justin, nyuma yo kutishimira iki cyemezo  APR FC yandikira ishyirahamwe  ry'umupira wamaguru mu rwanda FERWAFA" isaba kurenganurwa, nyuma yaho komisiyo ishinzwe imisifurire yateranye yasanze karangwa justin yaranze igitego cyari cyo bityo ahagarikwa ibyumweru bine adasifura.

Ikipe APR  FC iri kwitegura guhura na Rayon sports ku munsi wa karindwi wa Rwanda premier league aho ubu mu mikino ine imaze gukina iri ku mwanya wa munani n’amanota umunani.

 

kwamamaza

Karangwa justin wanze igitego cya APR FC yahagaritswe.

Karangwa justin wanze igitego cya APR FC yahagaritswe.

 Nov 6, 2025 - 12:19

ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse umusifuzi wo kuruhande Karangwa Justin ibyumweru bine adasifura, kubera kwanga igitego cya APR  FC .

kwamamaza

Ni ku nshuro ya gatatu hahanwa umusifuzi muri Rwanda premier league 2025/26 kuri iyi nshuro uwari utahiwe ni karangwa justin uyu musifuzi ahanwe nyuma yaho, ku  mukino w’Umunsi wa Gatandatu wa Shampiyona wabereye kuri Stade Umuganda ku wa Gatandatu, tariki ya 1 Ugushyingo 2025, warangiye Rutsiro FC inganyije na APR FC igitego 1-1, ubwo umukino wari kugana ku musozo, yanze igitego cya APR FC, cyari giturutse ku buryo bwari buturutse ku mupira waruvuye muri koroneri usanga denis Omedi ahita awushyira mwizamu ariko igitego cye cyirangwa.

Nyuma yo gutsinda iki gitego umusifuzi wo kuruhande Karangwa justin yamanitse igitambaro avuga ko uyu musore mbere yo gutsinda yaraririye byatumye iki gitego cyangwa nyamara cyakabaye cyari igitego cy'itsinzi kuri iyi kipe, nyuma y'umukino abafana ba APR FC ntibishimiye iki cyemezo cyari gifashwe nuyu musifuzi ndetse n'ubuyobozi bw'iyi ekipe ntibwishimiye iki cyemezo cyari gifashwe na karangwa  justin, nyuma yo kutishimira iki cyemezo  APR FC yandikira ishyirahamwe  ry'umupira wamaguru mu rwanda FERWAFA" isaba kurenganurwa, nyuma yaho komisiyo ishinzwe imisifurire yateranye yasanze karangwa justin yaranze igitego cyari cyo bityo ahagarikwa ibyumweru bine adasifura.

Ikipe APR  FC iri kwitegura guhura na Rayon sports ku munsi wa karindwi wa Rwanda premier league aho ubu mu mikino ine imaze gukina iri ku mwanya wa munani n’amanota umunani.

kwamamaza