Amwe mu mafoto utabonye yaranze igikorwa cya IMA Award 2023

Amwe mu mafoto utabonye yaranze igikorwa cya IMA Award 2023

Umuhango wo gutanga ku nshuro ya kane ibihembo bya Isango na Muzika Awards [IMA] byabaye ku wa 17 Ukuboza (12) 2023, muri Park Inn Hotel. Mbere y’uyu muhango nyiri zina, habanje umusangiro ndetse n’ ibindi bitaramo birimo icyabereye mu karere cya Bugesera cyaririmbwemo n’abahanzi nka Bwiza na Alyn Sano.

kwamamaza

 

Hakurikiyeho icyabereye mu karere ka HUYE, muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye, cyaririmbwemo na Tom Close n Bushali, mugihe icyabereye mu mujyi wa Kigali cyabereye Norvege, mu murenge wa Kigali, Akarere ka Nyarugenge. Platini P, Bwiza na MC Tino.

Ibi bitaramo byose byagiye bitambutswamo ubutuma bukangurira abantu, cyane urubyiruko kwirinda virus itera SIDA.

Muri iyi nkuru kukugezaho amwe mu mafoto yaranze ibi bikorwa byose:

 

kwamamaza

Amwe mu mafoto utabonye yaranze igikorwa cya IMA Award 2023

Amwe mu mafoto utabonye yaranze igikorwa cya IMA Award 2023

 Dec 26, 2023 - 18:12

Umuhango wo gutanga ku nshuro ya kane ibihembo bya Isango na Muzika Awards [IMA] byabaye ku wa 17 Ukuboza (12) 2023, muri Park Inn Hotel. Mbere y’uyu muhango nyiri zina, habanje umusangiro ndetse n’ ibindi bitaramo birimo icyabereye mu karere cya Bugesera cyaririmbwemo n’abahanzi nka Bwiza na Alyn Sano.

kwamamaza

Hakurikiyeho icyabereye mu karere ka HUYE, muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye, cyaririmbwemo na Tom Close n Bushali, mugihe icyabereye mu mujyi wa Kigali cyabereye Norvege, mu murenge wa Kigali, Akarere ka Nyarugenge. Platini P, Bwiza na MC Tino.

Ibi bitaramo byose byagiye bitambutswamo ubutuma bukangurira abantu, cyane urubyiruko kwirinda virus itera SIDA.

Muri iyi nkuru kukugezaho amwe mu mafoto yaranze ibi bikorwa byose:

kwamamaza