Amakuru
NIDA yatangije ku mugaragaro indangamuntu koranabuhanga
Kuri uyu wa Kane ikigo cy’igihugu gishinzwe irangamuntu (NIDA) cyatangije ku mugaragaro Indangamuntu Koranabuhanga. Ni indangamuntu...
Parikingi mu mujyi wa Kigali ntabwo ihenze: Igisubizo ku...
Abatunze ibinyabiziga mu mujyi wa Kigali babangamiwe n’ibiciro bya parikingi bihenze, kandi aho ugeze hose bakwishyuza, bagasaba ko...
Ghana mu gahinda: Minisitiri w’Ingabo n’uw'Ibidukikije...
Igihugu cya Ghana kiri mu cyunamo gikomeye nyuma y’uko indege ya kajugujugu ya gisirikare ihitanye Minisitiri w’Ingabo, Edward Omane...
Kwita izina 2025: U Rwanda rugiye kwizihiza imyaka 20 rumaze...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB) cyatangaje ko ku wa 5 Nzeri (09) 2025, u Rwanda ruzizihiza isabukuru y’imyaka 20 y’umuhango...
Intumwa ya Trump iri mu Burusiya, Zelensky yasabye Amerika...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika kongera igitutu k'Uburusiya kugira ngo buhagarike intambara...
PAC yasabye ko hakurikiranwa arenga miliyari 5 Frw yakoreshejwe...
Komisiyo ishinzwe Gukurikirana imikoreshereze y'Imari n'Umutungo bya Leta mu nteko Ishinga Amategeko (PAC) yasabye Minisiteri y’Ubutabera...
Amerika yashyizeho $15,000 ku basaba visa baturuka muri...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko igiye gutangiza igerageza ry’umwaka umwe rigamije kugabanya ikibazo cy’abarenza igihe cya...
RDF: Ofisiye 2 n’abasivile 20 bakurikiranyweho kunyereza...
Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangaje ko Ubushinjacyaha bwa gisirikare bwatangiye gukurikirana mu butabera abasirikare babiri...
Uvira: Abasaga 10,000 bugarijwe n’ibibazo by’ubuzima n’imibereho...
Impunzi zisaga 10,000 zahungiye i Uvira muri Kivu y'Epfo zihangayikishijwe n’imibereho mibi, aho benshi barara hanze kuko batagira...
Mu Rwanda haracyari ikibazo mu myidagaduro y'abana - Ubushakashatsi
World vision international Rwanda ku bufatanye n'umuryango wita ku burenganzira bwa muntu CLADHO uri kugirana inama nyunguranabitekerezo...
Kiny
Eng
Fr





